Bimaze kugaragara ko ibiyobyabwenge n’ibisindisha bimaze kuba ikibazo gikomeye mu rubyiruko rw’ u Rwanda , ubuyobozi bwa leta y’ u Rwanda bwatangije ubukangurambaga bwo kurwanya no gukumira ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge n’ibisindisha mu rubyiruko rw’u Rwanda , hifashijwe inzego zitandukanye nka Ministere y’urubyiruko , polisi y’igihugu, ingaboz’igihugu, inama nkuru y’igihugu y’urubyiruko n’inama y’igihugu y’abagore |