banner

JPEG - 20.6 ko

The Minister
Hon. MITALI Protais
LATEST NEWS
AMATEKA Y’INTWARI Z’IGIHUGU : INTWARI Z’IMANZI

Mu rwego rwo kwitegura kwizihiza Umunsi mukuru w’Intwari z’Igihugu uba ku itariki ya 1 Gashyantare ya buri mwaka, MINIPSOC irabagezaho ibisobanuro birambuye ku ntwari z’Igihugu zamaze gutoranywa kugeza ubu mu bice bizakurikirana kugeza ku munsi Nyirizina (1 Gashyantare 2012).

UMUNSI W’INTWARI Z’IGIHUGU

Umunsi w’intwari z’igihugu cy‘u Rwanda wizihizwa tariki ya 1 Gashyantare buri mwaka , uyu munsi washyiriweho kwibuka ibikorwa by’agatangaza kandi bihebuje bigera naho izi ntwari zidatinya guhara ubuzima bwazo .

IHEREREKANYA-BUBASHA (HANDOVER)

Kuri uyu wa kabiri, taliki ya 03/01/2012, habaye ihererekanya-bubasha hagati ya Dr James VUNINGOMA, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inteko Nyarwanda y’Ururimi n’Umuco na Bwana Straton NSANZABAGANWA, Umuhuzabikorwa w’Inteko Nyarwanda y’Ururimi n’Umuco.

KURWANYA IBIYOBYABWENGE N’IBISINDISHA MU RUBYIRUKO URUGAMBA RURARIMBANIJE

Bimaze kugaragara ko ibiyobyabwenge n’ibisindisha bimaze kuba ikibazo gikomeye mu rubyiruko rw’ u Rwanda , ubuyobozi bwa leta y’ u Rwanda bwatangije ubukangurambaga bwo kurwanya no gukumira ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge n’ibisindisha mu rubyiruko rw’u Rwanda , hifashijwe inzego zitandukanye nka Ministere y’urubyiruko , polisi y’igihugu, ingaboz’igihugu, inama nkuru y’igihugu y’urubyiruko n’inama y’igihugu y’abagore

ABAHOZE ARI INZEREZI BARANGIJE IWAWA BATANZE UMUSARURO UGERA KURI MILIOYONI 75 FRW.

Ubwo hatangwaga impamyabushobozi ku nshuro ya kabiri mu kigo ngororamuco no guteza imbere imbere imyuga kiri ku kirwa cya Iwawa mu kiyaga cya Kivu urubyiruko rugera ku 593 rwize imyuga y’ubuhinzi ,ubworozi ,ubudozi , ububaji, n’ubwubatsi.

 Follow MIJESPOC


WEBMAIL


Copyright 2011.  -Republic of Rwanda, Ministry Of Youth, Sports and Culture